No news available.

Nyamasheke yifatanyije n’Isi mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abantu bafite Ubumuga

"Kugira ubumuga si ukubura ubushobozi, abafite ubumuga barashoboye, tubafashe gushobora!": Mukankusi Athanasie Visi Meya ushinzwe imibereho myiza
Read more →

Kumva kimwe imbonezamikurire n'imirire by'umwana muto, impamvu nyamukuru y'amahugurwa y'iminsi 5 yagenewe ibyiciro binyuranye

Iyo iyo imbonezamikurire n'imirire by'abana bato bititaweho, ejo hazaza h'igihugu haba hari mu kaga
Read more →

Nyamasheke yifatanyije n’igihugu mu gutangiza iminsi 16 y'ubukangurambaga bugamije kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’icuruzwa ry’abantu

Guverineri Ntibitura Jean Bosco: "Turasaba abaturage guhindura imyumvire bakumva ko ihohoterwa rishingiye ku gitsina ari ihohoterwa ritungirwa mu…
Read more →

Akarere ka Nyamasheke kakiriye Ambasaderi wa Zimbabwe mu Rwanda mu ruzinduko rugamije kuganira ku mahirwe y’ubucuruzi n’ishoramari

Akarere ka Nyamasheke kakiriye Ambasaderi wa Zimbabwe mu Rwanda, H.E. Prof. Charity Manyeruke, mu ruzinduko rw’iminsi ibiri rugamije kuganira ku…
Read more →

Nyamasheke: Abanyamahoteli bashimiwe serivisi nziza n'isuku birangwa mu mahoteri zaho, basabwa kubigira umuco

Hoteli Ibigabiro, imwe muzashimwe kugira isuku na serivisi nziza muri Nyamasheke.
Read more →

Nta kudohoka mu rugendo rwo kwegera abaturage: Gahunda za Leta n’isuku ku isonga ry’ibiganiro mu nteko z’abaturage

Inteko z'abaturage, urubuga abaturage bahuriramo n'abayobozi bakaganira kuri gahunda za Leta, bungurana ibitekerezo kandi bagakemura ibibazo.
Read more →

"Mureke tujishe ibisabo byacu kwa mugenzi wacu, bizatuma tutahatera ibuye, twubake ubumwe n'urukundo, imigenderanire tutishishanya"

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo Bwana Ngarambe Rwego yasabye abitabiriye ihuriro ry'Ubumwe n'Ubudaheranwa i Nyamasheke n'abanyarwanda…
Read more →

Ibiti bivangwa n'imyaka ibihumbi 4000 byatewe mu muganda rusange uzosa ukwezi kwa 10 wakorewe mu murenge wa Kanjongo ku rwego rwakarere

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo Bwana Ngarambe Rwegio yifatanyije n’abaturage ba Kanjongo mu muganda rusange usoza ukwezi kwa 10
Read more →

Ibyishimo byari byose ku baturage bo ku kirwa cya Mushungo ubwo hatahwaga umuyoboro w'amazi n'umuriro

"Amazi n’amashanyarazi ni umusingi w’iterambere. Iyo abaturage babyitayeho, bikomeza kubafasha kwihangira imirimo, kwiteza imbere no kugira ubuzima…
Read more →