Abasaga 12000 bakingiwe hepetite B

abc

Muri iki cyumweru cyahariwe ibikorwa by’Ingabo “Army Week” ku bitaro bya Bushenge hakingiwe abasaga 12000 bakingiwe indwara y’umwijima yo mu bwoko bwa hepatite B.

Guhera mu ntangiriro z’icyumweru cyatangiye ku wa 26 Kamena, ku bitaro bya Bushenge haberaga igikorwa cyo gukingira abaturage indwara y’umwijima yo mu bwoko bwa hepatite B. Ubwo twasuraga aho iyi mirimo ikorerwa twahasanze abantu benshi bategereje guhabwa uru rukingo dore ko rwatangirwaga Ubuntu mu gihe ubusanzwe rugura amafaranaga y’u Rwanda asaga 28000.

Abaturage bishimiye cyane iki gikorwa cyateguwe ku bufatanye n’Ingabo z’u Rwanda banavuga ko bishobotse cyajya kibaho kenshi gashoboka. Abakora muri iyi serivisi nabo bavuga ko bashima uburyo abaturage bitabiriye iki gikorwa bigaragaza aho bageze bumva uburyo bwo kubungabunga amagara yabo.

Usibye ibikorwa by’ubuvuzi, mu cyumweru cyahariwe Ibikorwa by’Ingabo “Army Week” cyatangijwe ku itariki 4 Gicurasi kikazarangira ku wa 4 Nyakanga 2017, hanubatswe amashuri, n’ibiraro, hahingwa imboga hanubakirwa abatishoboye hagamijwe guteza imbere imibereho myiza y’Umuturage.

abc1

Nyamasheke: Hatangijwe Icyumweru cy’Umujyanama hagamijwe kunoza serivisi no kwimakaza iterambere ry’umuturage

Iyo abajyanama begereye abaturage, bigira uruhare mu kuzamura imyumvire iganisha ku iterambere n'imibereho myiza byabo kuko umuturage asobanukirwa…
Read more →

Kanjongo: Abadepite n’ubuyobozi bw'akarere bakemuye ibibazo mu nteko y'abaturage

Uyu wa 03 Gashyantare 2026 abadepite bo muri komisiyo y'ubukungu n'ubucuruzi mu Nteko ishinga amategeko y'u Rwanda bari kumwe n'ubuyobozi bw'Akarere…

Read more →

Abadepite basuye imihanda y’imihahirano mu Karere ka Nyamasheke

Kuri uyu wa 3 Gashyantare 2026, Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Muhayeyezu Joseph Désiré, yakiriye itsinda…

Read more →

Abaturage ba Karengera basabwe gukoresha neza umusaruro uhagije babona kugira ngo barwanye imirire mibi

Umuganda rusange mu murenge wa Karengera n’ubukangurambaga bunyuranye
Read more →

Nyamasheke: Ababyeyi basabwe kurera abana babo babatoza umuco w'ubutwari kugira ngo bazabashe kwimana u Rwanda

Umunsi w'intwari z'igihugu wizihijwe mu karere ka Nyamasheke kimwe n'ahandi hose mu gihugu kuri uyu wa 01 Gashyantare 2026. Ugu munsi w'Intwari…

Read more →

Urwego rw’Umuvunyi rwasoje gahunda y’icyumweru yo gukumira no kurwanya ruswa n’akarengane mu Karere ka Nyamasheke

Kuri uyu wa 30 Mutarama 2026, Urwego rw’Umuvunyi rwasoje gahunda y’icyumweru ya gahunda yo kukumira no kurwanya ruswa n'akarengane yatangiye ku wa 26…

Read more →

Abashoramari baguze ubutaka muri Nyamasheke barasabwa kubukoresha icyo bwagenewe mu buryo bwihuse

Mu nteko y'ishoramari yo ku wa 29 Mutarama 2029 mu karere Kanyamasheke byagaragaye ko bimwe mu bidindiza iterambere ry'akarere harimo n'abagura…
Read more →

Abasenateri bijeje ubuvugizi aborozi n'abacuruzi b'ibiryo by'amatungo bataka ko bibageraho bihenze cyane

Aborozi n'abacuruza ibiryo by'amatungo mu karere ka Nyamasheke bijejwe ubuvugizi ku biryo by'amatungo bibageraho bihenze cyane, bamwe bakaba bagenda…
Read more →

Abasenateri basuye Akarere ka Nyamasheke mu rugendo rwo kureba uko ubworozi butezwa imbere

Aborozi n'abacuruza ibiryo by'amatungo bahuriye ku kibazo cy'ibiryo by'amatungo bavuga ko bihenze
Read more →
-->