Akarere kifatanyije n’ isi yose kwizihiza umunsi mpuzamahanga wa mwarimu

Umuyobozi w’ Akarere Wungirije Ushinzwe Imibereho Myiza yifatanyije n’ abarezi kwizihiza umunsi mpuzamahanga wa mwarimu wizihirijwe mu Murenge wa Kagano ku rwego rw’Akarere ku nsanganyamatsiko igira   “Umwarimu ku isonga mu kubaka uburezi buhamye.”

Muri ibi birori hashimiwe Abarezi b' Indashyikirwa ku rwego rw' Akarere n' Imirenge bashyikirizwa gihamya n' ibindi bihembo birimo “Laptop” na “Tablet” (abo ku rwego rw' Akarere) na ho abo ku Mirenge bakazahabwa “smart phones.”

Umwarimu w’ Indashyikirwa ku rwego rw’ Akarere akaba waranabaye uwa kabiri ku rwego rw’ Intara Bimenyimana Jean yigisha isomo ryo kwihangira imirimo mu Kigo cya Institut Sainte Famille Nyamasheke ari na cyo cyavuyemo umwana wahize abandi mu Cyiciro rusange ku rwego rw’ Igihugu.


Nyuma y’ uko Minisiteri y’ Uburezi itangaje  amanota y’ ibizamini bya Leta, byanagaragayeko abanyeshuri bose uko bari 88 bagize inota rya mbere (1) mu  isomo uyu mwarimu yigisha.

Bimwe mu byamufashije kubona uyu mwanya birimo kuba yarakomeje kwigisha mu buryo bw’ ikoranabuhanga mu gihe cya Covid-19, gukora urubuga rw’ ishuri (Website) rutangirwaho amasomo, , guhanga agashya mu rwego rwo kurwanya Covid-19 hakorwa isabune yo gukaraba.

Bimenyimana Jean,Umwarimu w' Indashyikirwa ku rwego rw' Akarere


Hatangizwa icyumweru cy'icyunamo n'iminsi 100 yo #Kwibuka32 Meya Mupenzi Narsicce yibukije ko kudasesengura byagejeje u Rwanda kuri Jenoside

Meya Mupenzi Narcisse yashimangiye ko kuba amacakubiri yarazanywe n'abakoloni ariko abanyarwanda barimo abayobozi n'abaturage ntibagire isesengura…
Read more →

Ikipe y'abagore y'umurenge wa Mahembe ikomeje kuba ubukombe mu ntara y'Iburengerazuba

Ikipe y'abagore y'umurenge wa Mahembe ikomeje kuba ubukombe mu marushanwa Umurenge Kagame Cup aho mu myaka 2 yikurikiranya ikomeje kuza ku isonga…
Read more →

Nyamasheke mu rugamba rwo kuba iya mbere mu bwiza bwa Kawa n'ubwinshi bw'umusaruro nyuma yo kuba ku isongo mu kugira ibiti bya kawa byinshi

Akarere ka Nyamasheke kari ku mwanya wa mbere mu gihugu mu turere dufite ibiti bya kawa byinshi. Kuba aka karere gafite umubare w'ibiti bya kawa…
Read more →

Nyamasheke: PSF- Nyamasheke yahawe umukoro wo gushora imari mu bikorwa bisamikiye ku bukerarugendo

PSF-Nyamasheke yashimiwe uruhare ntagereranywa igira mu iterambere ry'Akarere, ihabwa umukoro wo gukora ishoramari rishamikiye ku bukerarugendo mu…
Read more →

Ingengo y’Imari Ivuguruye y’Akarere ka Nyamasheke Yatowe na Njyanama Yiyongereyeho Asaga Miliyari 3

Ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 27 Gashyantare 2026, Njyanama y’Akarere ka Nyamasheke yarateranye mu nama yayo idasanzwe igamije gusuzuma no…

Read more →

Nyamasheke: Hatangijwe Icyumweru cy’Umujyanama hagamijwe kunoza serivisi no kwimakaza iterambere ry’umuturage

Iyo abajyanama begereye abaturage, bigira uruhare mu kuzamura imyumvire iganisha ku iterambere n'imibereho myiza byabo kuko umuturage asobanukirwa…
Read more →

Kanjongo: Abadepite n’ubuyobozi bw'akarere bakemuye ibibazo mu nteko y'abaturage

Uyu wa 03 Gashyantare 2026 abadepite bo muri komisiyo y'ubukungu n'ubucuruzi mu Nteko ishinga amategeko y'u Rwanda bari kumwe n'ubuyobozi bw'Akarere…

Read more →

Abadepite basuye imihanda y’imihahirano mu Karere ka Nyamasheke

Kuri uyu wa 3 Gashyantare 2026, Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Muhayeyezu Joseph Désiré, yakiriye itsinda…

Read more →

Abaturage ba Karengera basabwe gukoresha neza umusaruro uhagije babona kugira ngo barwanye imirire mibi

Umuganda rusange mu murenge wa Karengera n’ubukangurambaga bunyuranye
Read more →
-->