Gashirabwoba : Hatangiye imirimo yo kwimura imibiri y’ abazize jenoside yakorewe abatutsi mu rwibutso rushya
Ubuyobozi bw’Akarere burahamagarira abarokokeye jenoside yakorewe abatutsi I Gaashirabwoba n’abafite ababo bahashyinguye aho bari hose kwitabira iki gikorwa cyo kubashyingura mu cyubahiro.
Uru rwibutso rushya rugizwe n’imva nini Kandi rwubatse mu buryo rworohereza abantu bose kurusura . hari kandi n’inzu nini irimo icyumba cy’inama , isomero ry’amateka ya jenoside yakorewe abatutsi kandi rwubatse ku buryo bworohereza umuntu kwibuka .
Ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 27 Gashyantare 2026, Njyanama y’Akarere ka Nyamasheke yarateranye mu nama yayo idasanzwe igamije gusuzuma no…
Uyu wa 03 Gashyantare 2026 abadepite bo muri komisiyo y'ubukungu n'ubucuruzi mu Nteko ishinga amategeko y'u Rwanda bari kumwe n'ubuyobozi bw'Akarere…
Kuri uyu wa 3 Gashyantare 2026, Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Muhayeyezu Joseph Désiré, yakiriye itsinda…