Gashirabwoba : Hatangiye imirimo yo kwimura imibiri y’ abazize jenoside yakorewe abatutsi mu rwibutso rushya
Ubuyobozi bw’Akarere burahamagarira abarokokeye jenoside yakorewe abatutsi I Gaashirabwoba n’abafite ababo bahashyinguye aho bari hose kwitabira iki gikorwa cyo kubashyingura mu cyubahiro.
Uru rwibutso rushya rugizwe n’imva nini Kandi rwubatse mu buryo rworohereza abantu bose kurusura . hari kandi n’inzu nini irimo icyumba cy’inama , isomero ry’amateka ya jenoside yakorewe abatutsi kandi rwubatse ku buryo bworohereza umuntu kwibuka .
Uyu wa 03 Gashyantare 2026 abadepite bo muri komisiyo y'ubukungu n'ubucuruzi mu Nteko ishinga amategeko y'u Rwanda bari kumwe n'ubuyobozi bw'Akarere…
Kuri uyu wa 3 Gashyantare 2026, Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Muhayeyezu Joseph Désiré, yakiriye itsinda…
Umunsi w'intwari z'igihugu wizihijwe mu karere ka Nyamasheke kimwe n'ahandi hose mu gihugu kuri uyu wa 01 Gashyantare 2026. Ugu munsi w'Intwari…
Kuri uyu wa 30 Mutarama 2026, Urwego rw’Umuvunyi rwasoje gahunda y’icyumweru ya gahunda yo kukumira no kurwanya ruswa n'akarengane yatangiye ku wa 26…