Hatashywe inyubako nshya y’Ibiro by’Akarere

photo name Kuri uyu wa 02 Ugushyingo 2017 Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Francis Kaboneka yafunguye inyubako nshya yimukiyemo ibiro by’Akarere. Ubwo yafunguraga iyi Nyubako , Minisitiri yatemberejwe ibyumba bitandukanye birimo ibiro n’Ibyumba by’Inama ashima uburyo yubatse bijyanye n’icyerekezo cy’Igihugu. photo name Mu ijambo rye yagize ati “Ndashimira Abaturage b’Akarere ka Nyamasheke n’Abayobozi uburyo biyubakiye inzu itagira uko isa ijyanye n’icyerekezo cy’Umukuru w’Igihugu. Minisitiri kandi yasabye abakorera muri iyi nyubako kurushaho kunoza serivisi zihabwa umuturage kugira ngo atavaho ayisiragiriramo Yagize ati “n’ubwo ntavuga ko serivisi zatangirwaga mu nyubako muvuyemo zari mbi, ariko noneho hamwe n’iyi nyubko nshya, zikwiye kurushaho kuba nziza cyane. Umuyobozi ‘Akarere Kamali Aimé Fabien yashimiye Leta y’u Rwanda .itarahwemye kubatera inkunga ibyaye iyi nyubako akomeza avuga ko bagiye kurushaho kunoza serivisi cyane ko mbere abakozi baribatataniye hirya no hinokubera koi biro byari bito, ariko ubu nibura buri shami rikaba rifite icyumba rihuriyemo, bikorohereza abagenerwa srivisi kubabonera icyarimwe Iyi nyubako yuzuye itwaye asaga miliyari iwe n’igice, ikaba irimo ibyumba bikorerwamo 43 n’ibyumba by’inama bitatu. photo name photo name photo name photo name photo name

Nyamasheke: Hatangijwe Icyumweru cy’Umujyanama hagamijwe kunoza serivisi no kwimakaza iterambere ry’umuturage

Iyo abajyanama begereye abaturage, bigira uruhare mu kuzamura imyumvire iganisha ku iterambere n'imibereho myiza byabo kuko umuturage asobanukirwa…
Read more →

Kanjongo: Abadepite n’ubuyobozi bw'akarere bakemuye ibibazo mu nteko y'abaturage

Uyu wa 03 Gashyantare 2026 abadepite bo muri komisiyo y'ubukungu n'ubucuruzi mu Nteko ishinga amategeko y'u Rwanda bari kumwe n'ubuyobozi bw'Akarere…

Read more →

Abadepite basuye imihanda y’imihahirano mu Karere ka Nyamasheke

Kuri uyu wa 3 Gashyantare 2026, Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Muhayeyezu Joseph Désiré, yakiriye itsinda…

Read more →

Abaturage ba Karengera basabwe gukoresha neza umusaruro uhagije babona kugira ngo barwanye imirire mibi

Umuganda rusange mu murenge wa Karengera n’ubukangurambaga bunyuranye
Read more →

Nyamasheke: Ababyeyi basabwe kurera abana babo babatoza umuco w'ubutwari kugira ngo bazabashe kwimana u Rwanda

Umunsi w'intwari z'igihugu wizihijwe mu karere ka Nyamasheke kimwe n'ahandi hose mu gihugu kuri uyu wa 01 Gashyantare 2026. Ugu munsi w'Intwari…

Read more →

Urwego rw’Umuvunyi rwasoje gahunda y’icyumweru yo gukumira no kurwanya ruswa n’akarengane mu Karere ka Nyamasheke

Kuri uyu wa 30 Mutarama 2026, Urwego rw’Umuvunyi rwasoje gahunda y’icyumweru ya gahunda yo kukumira no kurwanya ruswa n'akarengane yatangiye ku wa 26…

Read more →

Abashoramari baguze ubutaka muri Nyamasheke barasabwa kubukoresha icyo bwagenewe mu buryo bwihuse

Mu nteko y'ishoramari yo ku wa 29 Mutarama 2029 mu karere Kanyamasheke byagaragaye ko bimwe mu bidindiza iterambere ry'akarere harimo n'abagura…
Read more →

Abasenateri bijeje ubuvugizi aborozi n'abacuruzi b'ibiryo by'amatungo bataka ko bibageraho bihenze cyane

Aborozi n'abacuruza ibiryo by'amatungo mu karere ka Nyamasheke bijejwe ubuvugizi ku biryo by'amatungo bibageraho bihenze cyane, bamwe bakaba bagenda…
Read more →

Abasenateri basuye Akarere ka Nyamasheke mu rugendo rwo kureba uko ubworozi butezwa imbere

Aborozi n'abacuruza ibiryo by'amatungo bahuriye ku kibazo cy'ibiryo by'amatungo bavuga ko bihenze
Read more →
-->