Hatwitswe ibiyobyabwenge n’ imiti ya magendu
Ubuyobozi bw' Akarere bufatanyije n' ubwa polisi bakoze igikorwa cyo gutwika ibiyobyabwenge (200kg z' urumogi), imiti ya magendu (100kg )n' amavuta ahindura uruhu azwi nka mukorogo (100kg ) byafashwe mu bihe bitandukanye guhera 2018
Umuyobozi w' Akarere Wungirije Ushinzwe Imibereho Myiza y' Abaturage yongeye kwibutsa abaturage ko ubucuruzi nk' ubu butemewe kandi ko abantu bakwiye kubuzibukira kuko bunabashora mu gihombo.
Abafatiwe uri ubu bucuruzi bakurikiranwe n' inkiko baranabihanirwa nk’ uko biteganywa n’ amategeko.
Ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 27 Gashyantare 2026, Njyanama y’Akarere ka Nyamasheke yarateranye mu nama yayo idasanzwe igamije gusuzuma no…
Uyu wa 03 Gashyantare 2026 abadepite bo muri komisiyo y'ubukungu n'ubucuruzi mu Nteko ishinga amategeko y'u Rwanda bari kumwe n'ubuyobozi bw'Akarere…
Kuri uyu wa 3 Gashyantare 2026, Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Muhayeyezu Joseph Désiré, yakiriye itsinda…