Ikigo nderabuzima cya Yove cyashyikirijwe ingobyi y’ ababarwayi
Ikigo nderabuzima cya Yove giherereye mu Murenge wa Cyato cyari kimaze igihe kidafite imbangukiragutabara yiharie ibafasha kugeza umurwayi ku bitaro bya Kibogora kubera ko indi yari ihasanzwe ashaje.
Nk’ uko byari byashyizwe mu Mihigo y’ Akarere, kuri uyu wa 22 Nzeri Umuyobozi w’ Akarere yashyikirije abaturage ba Cyato imbangukiragutabara nshya baguriwe.
Abaturage bagaragaje ibyishimo batewe no kuba bahawe iyi mbangukiragutabara vavuga ko izajyya ibafasha kubona serivisi z’ ubuzima bitabagoye cyane cyane ku bagore bajya kubyara.
Ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 27 Gashyantare 2026, Njyanama y’Akarere ka Nyamasheke yarateranye mu nama yayo idasanzwe igamije gusuzuma no…
Uyu wa 03 Gashyantare 2026 abadepite bo muri komisiyo y'ubukungu n'ubucuruzi mu Nteko ishinga amategeko y'u Rwanda bari kumwe n'ubuyobozi bw'Akarere…
Kuri uyu wa 3 Gashyantare 2026, Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Muhayeyezu Joseph Désiré, yakiriye itsinda…