Ikipe y'abagore ya Mahembe yinjiye muri 1/2 cy'amarushanwa Umurenge Kagame Cup
Ikipe y'umurenge wa Mahembe mu karere ka Nyamasheke ihagarariye intara y'Iburengerazuba yageze mu mikino ya ½ nyuma yo gukuramo ikipe y'umurenge wa Gahara mu karere ka Kirehe yari ihagarariye intara y'Iburasirazuba mu bagore. Ni nyuma y'uko amakipe yombi anganyije igitego 1-1 mu mukino ubanza wa ¼ wabereye mu karere ka Nyamasheke.
Uyu mukino wabonetsemo igitego kimwe rukumbi ku munota wa 16 w'igice cya mbere Mahembe ikomeza kuyobora umukino kugeza ku munota wa Nyuma w'umukino. Mu mikino ya ½ Mahembe izakina n'ikipe y'abagore ya Musanze ihagarariye intara y'amajyaruguru.
Ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 27 Gashyantare 2026, Njyanama y’Akarere ka Nyamasheke yarateranye mu nama yayo idasanzwe igamije gusuzuma no…
Uyu wa 03 Gashyantare 2026 abadepite bo muri komisiyo y'ubukungu n'ubucuruzi mu Nteko ishinga amategeko y'u Rwanda bari kumwe n'ubuyobozi bw'Akarere…
Kuri uyu wa 3 Gashyantare 2026, Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Muhayeyezu Joseph Désiré, yakiriye itsinda…