Imibiri 336 yashyinguwe mu cyubahiro mu rwibutso rwa Gihombo

 g.JPG Ubwo habaga ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe abatutsi 1994 mu Cyahoze ari Komini Rwamatamu mu Murenge wa Gihombo, hanashyinguwe mu cyubahiro  imibiri 336 yakuwe mu Mirenge ya Gihombo, Kirimbi na Mahembe. Bamwe mu barokokeye aha hantu batanze ubuhamya bw’inzira y’umusaraba banyuzemo mu gihe cya jenoside hagapfa imbaga y’abatutsi ndetse bakanakomeza kwicwa no mu gihe inkotanyi zari zarafasha Igihugu kuko yari muru “zone turquoise”. Bavuga ko n’igihe bagerageje guhungira ku Idjwi, abicanyi baje kubasangayo naho bakahabicira. Uyu munsi witabiriwe n’Intumwa za Rubanda mu Nteko Ishinga Amategeko , Inzego z’Komite Nyobozi y’Akarere, Inzego z’Umutekano, abanyamadini, Abakomoka mu cyahoze ari Rwamatamu batuye hirya no hino mu Gihugu n’Abaturage benshi bo mu Mirenge ya Gihombo, Mahembe na Kirimbi. Hon Kankera Marie Josée wari Umushyitsi Mukuru yakanguriye abitabiriye gukomeza umutima wo kuranga ahaba hagiherereye imibiri y’abazize jenoside yakorewe abatutsi itaraboneka nayo igashyingurwa mu cyubahiro kibagomba. Yasabye kandi ko ijambo Abanyarwanda bahawe n’ubuyobozi bwiza barikoresha bubaka ubumwe butajegajezwa n’uwo ari we wese. “KWIBUKA TWIYUBAKA”  g1.JPG  g2.JPG  g3.JPG  g4.JPG  g5.JPG  g6.JPG  g7.JPG  g8.JPG

Hatangizwa icyumweru cy'icyunamo n'iminsi 100 yo #Kwibuka32 Meya Mupenzi Narsicce yibukije ko kudasesengura byagejeje u Rwanda kuri Jenoside

Meya Mupenzi Narcisse yashimangiye ko kuba amacakubiri yarazanywe n'abakoloni ariko abanyarwanda barimo abayobozi n'abaturage ntibagire isesengura…
Read more →

Ikipe y'abagore y'umurenge wa Mahembe ikomeje kuba ubukombe mu ntara y'Iburengerazuba

Ikipe y'abagore y'umurenge wa Mahembe ikomeje kuba ubukombe mu marushanwa Umurenge Kagame Cup aho mu myaka 2 yikurikiranya ikomeje kuza ku isonga…
Read more →

Nyamasheke mu rugamba rwo kuba iya mbere mu bwiza bwa Kawa n'ubwinshi bw'umusaruro nyuma yo kuba ku isongo mu kugira ibiti bya kawa byinshi

Akarere ka Nyamasheke kari ku mwanya wa mbere mu gihugu mu turere dufite ibiti bya kawa byinshi. Kuba aka karere gafite umubare w'ibiti bya kawa…
Read more →

Nyamasheke: PSF- Nyamasheke yahawe umukoro wo gushora imari mu bikorwa bisamikiye ku bukerarugendo

PSF-Nyamasheke yashimiwe uruhare ntagereranywa igira mu iterambere ry'Akarere, ihabwa umukoro wo gukora ishoramari rishamikiye ku bukerarugendo mu…
Read more →

Ingengo y’Imari Ivuguruye y’Akarere ka Nyamasheke Yatowe na Njyanama Yiyongereyeho Asaga Miliyari 3

Ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 27 Gashyantare 2026, Njyanama y’Akarere ka Nyamasheke yarateranye mu nama yayo idasanzwe igamije gusuzuma no…

Read more →

Nyamasheke: Hatangijwe Icyumweru cy’Umujyanama hagamijwe kunoza serivisi no kwimakaza iterambere ry’umuturage

Iyo abajyanama begereye abaturage, bigira uruhare mu kuzamura imyumvire iganisha ku iterambere n'imibereho myiza byabo kuko umuturage asobanukirwa…
Read more →

Kanjongo: Abadepite n’ubuyobozi bw'akarere bakemuye ibibazo mu nteko y'abaturage

Uyu wa 03 Gashyantare 2026 abadepite bo muri komisiyo y'ubukungu n'ubucuruzi mu Nteko ishinga amategeko y'u Rwanda bari kumwe n'ubuyobozi bw'Akarere…

Read more →

Abadepite basuye imihanda y’imihahirano mu Karere ka Nyamasheke

Kuri uyu wa 3 Gashyantare 2026, Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Muhayeyezu Joseph Désiré, yakiriye itsinda…

Read more →

Abaturage ba Karengera basabwe gukoresha neza umusaruro uhagije babona kugira ngo barwanye imirire mibi

Umuganda rusange mu murenge wa Karengera n’ubukangurambaga bunyuranye
Read more →
-->