Imibiri 336 yashyinguwe mu cyubahiro mu rwibutso rwa Gihombo

 g.JPG Ubwo habaga ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe abatutsi 1994 mu Cyahoze ari Komini Rwamatamu mu Murenge wa Gihombo, hanashyinguwe mu cyubahiro  imibiri 336 yakuwe mu Mirenge ya Gihombo, Kirimbi na Mahembe. Bamwe mu barokokeye aha hantu batanze ubuhamya bw’inzira y’umusaraba banyuzemo mu gihe cya jenoside hagapfa imbaga y’abatutsi ndetse bakanakomeza kwicwa no mu gihe inkotanyi zari zarafasha Igihugu kuko yari muru “zone turquoise”. Bavuga ko n’igihe bagerageje guhungira ku Idjwi, abicanyi baje kubasangayo naho bakahabicira. Uyu munsi witabiriwe n’Intumwa za Rubanda mu Nteko Ishinga Amategeko , Inzego z’Komite Nyobozi y’Akarere, Inzego z’Umutekano, abanyamadini, Abakomoka mu cyahoze ari Rwamatamu batuye hirya no hino mu Gihugu n’Abaturage benshi bo mu Mirenge ya Gihombo, Mahembe na Kirimbi. Hon Kankera Marie Josée wari Umushyitsi Mukuru yakanguriye abitabiriye gukomeza umutima wo kuranga ahaba hagiherereye imibiri y’abazize jenoside yakorewe abatutsi itaraboneka nayo igashyingurwa mu cyubahiro kibagomba. Yasabye kandi ko ijambo Abanyarwanda bahawe n’ubuyobozi bwiza barikoresha bubaka ubumwe butajegajezwa n’uwo ari we wese. “KWIBUKA TWIYUBAKA”  g1.JPG  g2.JPG  g3.JPG  g4.JPG  g5.JPG  g6.JPG  g7.JPG  g8.JPG

Nyamasheke: Hatangijwe Icyumweru cy’Umujyanama hagamijwe kunoza serivisi no kwimakaza iterambere ry’umuturage

Iyo abajyanama begereye abaturage, bigira uruhare mu kuzamura imyumvire iganisha ku iterambere n'imibereho myiza byabo kuko umuturage asobanukirwa…
Read more →

Kanjongo: Abadepite n’ubuyobozi bw'akarere bakemuye ibibazo mu nteko y'abaturage

Uyu wa 03 Gashyantare 2026 abadepite bo muri komisiyo y'ubukungu n'ubucuruzi mu Nteko ishinga amategeko y'u Rwanda bari kumwe n'ubuyobozi bw'Akarere…

Read more →

Abadepite basuye imihanda y’imihahirano mu Karere ka Nyamasheke

Kuri uyu wa 3 Gashyantare 2026, Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Muhayeyezu Joseph Désiré, yakiriye itsinda…

Read more →

Abaturage ba Karengera basabwe gukoresha neza umusaruro uhagije babona kugira ngo barwanye imirire mibi

Umuganda rusange mu murenge wa Karengera n’ubukangurambaga bunyuranye
Read more →

Nyamasheke: Ababyeyi basabwe kurera abana babo babatoza umuco w'ubutwari kugira ngo bazabashe kwimana u Rwanda

Umunsi w'intwari z'igihugu wizihijwe mu karere ka Nyamasheke kimwe n'ahandi hose mu gihugu kuri uyu wa 01 Gashyantare 2026. Ugu munsi w'Intwari…

Read more →

Urwego rw’Umuvunyi rwasoje gahunda y’icyumweru yo gukumira no kurwanya ruswa n’akarengane mu Karere ka Nyamasheke

Kuri uyu wa 30 Mutarama 2026, Urwego rw’Umuvunyi rwasoje gahunda y’icyumweru ya gahunda yo kukumira no kurwanya ruswa n'akarengane yatangiye ku wa 26…

Read more →

Abashoramari baguze ubutaka muri Nyamasheke barasabwa kubukoresha icyo bwagenewe mu buryo bwihuse

Mu nteko y'ishoramari yo ku wa 29 Mutarama 2029 mu karere Kanyamasheke byagaragaye ko bimwe mu bidindiza iterambere ry'akarere harimo n'abagura…
Read more →

Abasenateri bijeje ubuvugizi aborozi n'abacuruzi b'ibiryo by'amatungo bataka ko bibageraho bihenze cyane

Aborozi n'abacuruza ibiryo by'amatungo mu karere ka Nyamasheke bijejwe ubuvugizi ku biryo by'amatungo bibageraho bihenze cyane, bamwe bakaba bagenda…
Read more →

Abasenateri basuye Akarere ka Nyamasheke mu rugendo rwo kureba uko ubworozi butezwa imbere

Aborozi n'abacuruza ibiryo by'amatungo bahuriye ku kibazo cy'ibiryo by'amatungo bavuga ko bihenze
Read more →
-->