Muhayeyezu Joseph Desire: Umuyobozi w' Akarere w' Agateganyo
Muhayeyezu Joseph Desire usanzwe ari Umuyobozi w’ Akarere Wungirije Ushnzwe Iterambere ry’ Ubukungu ni we wabaye Umuyobozi w’ Akarere ka Nyamasheke w’ Agateganyo nyuma y’ Ihererekanyabubasha yakorewe na Madame Mukamasabo Appolonie wari usanzwe ari Umuyobozi w’ Akarere nyuma y’ uko Inama Njyanama y’ Akarere ifashe icyemezo cyo kumukura muri izi nshingano ku wa 28 Kanama 2023.
Umuhango w’ ihererekanyabubasha wayobozwe na Perezida w’ Inama Njyanama y’ Akarere Bwana Hategekimana Jules Cesar unitabirwa n’ Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ Intara y’ Iburengerazuba Madame Uwambajemariya Florence.
Abakozi basabwe gukomeza gukorana umurava hatagize na kimwe kibakoma mu nkokora, bagakorana n’ inzego zose basazwe bafatanya, kuko guhinduka k’ ubuyobozi ari ibintu bimaze kumenyerwa mu gihe bibaye ngombwa.
Uyu wa 03 Gashyantare 2026 abadepite bo muri komisiyo y'ubukungu n'ubucuruzi mu Nteko ishinga amategeko y'u Rwanda bari kumwe n'ubuyobozi bw'Akarere…
Kuri uyu wa 3 Gashyantare 2026, Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Muhayeyezu Joseph Désiré, yakiriye itsinda…
Umunsi w'intwari z'igihugu wizihijwe mu karere ka Nyamasheke kimwe n'ahandi hose mu gihugu kuri uyu wa 01 Gashyantare 2026. Ugu munsi w'Intwari…
Kuri uyu wa 30 Mutarama 2026, Urwego rw’Umuvunyi rwasoje gahunda y’icyumweru ya gahunda yo kukumira no kurwanya ruswa n'akarengane yatangiye ku wa 26…