“Nsiga ninogereze”, gahunda igamije kuzamura abaturage batishoboye.

Ubuyobozi bw’ Akarere ka Nyamasheke bwatangije gahunda yiswe “Nsiga ninogereze” igamije gufasha abatishoboye gukoemeza kwigobottora ingoyi y’ ubukene.

Nk’ uko byasobanuwe n’ umuyobozi w’ Akarere, iyi gahunda ifasha abantu bari mu byiciro bifashwa na Leta binyuze muri gahunda ya VUP.

Abantu bakora muri gahunda ya VUP muri porogaramu zayo zitandukanye, bagenda bizigama amafaranga make make uko bahembwe hanyuma yamara kugwira bakaguramo amatungo magufi (Ihene cyangwa ingurube) zizagenda zororoka zikaba zafasha aba baturage kwiteza imbere.

Usibye amatungo magufi kandi aba baturage banafashwa kuba bategura umushinga muto ubyara inyungu na wo ukaba wamufasha kunganira wa mushahara akura muri VUP bityo mu gihe runaka bakaba barazamutse.

Abaturage bari muri iyi gahunda barahamya ko bizakomeza kubafasha maze bakiteza imbere koko.

Barashimira Leta yabahaye akazi muri gahunda ya VUP ariko bakavuga ko iyi gahunda y’ Akarere ya Nsiga Ninogereze izabafasha kwizigama bakanabyaza umusaruro ubwizigame bwabo.

Nk’ uko izina ry’ iyi gahunda riri, bavaga ko Leta ari yo yabasize ubwo yabahaga iyi gahunda ya VUP noneho kwizigamira muri ubu buryo akaba ari byo bise kwinogereza


Hatangizwa icyumweru cy'icyunamo n'iminsi 100 yo #Kwibuka32 Meya Mupenzi Narsicce yibukije ko kudasesengura byagejeje u Rwanda kuri Jenoside

Meya Mupenzi Narcisse yashimangiye ko kuba amacakubiri yarazanywe n'abakoloni ariko abanyarwanda barimo abayobozi n'abaturage ntibagire isesengura…
Read more →

Ikipe y'abagore y'umurenge wa Mahembe ikomeje kuba ubukombe mu ntara y'Iburengerazuba

Ikipe y'abagore y'umurenge wa Mahembe ikomeje kuba ubukombe mu marushanwa Umurenge Kagame Cup aho mu myaka 2 yikurikiranya ikomeje kuza ku isonga…
Read more →

Nyamasheke mu rugamba rwo kuba iya mbere mu bwiza bwa Kawa n'ubwinshi bw'umusaruro nyuma yo kuba ku isongo mu kugira ibiti bya kawa byinshi

Akarere ka Nyamasheke kari ku mwanya wa mbere mu gihugu mu turere dufite ibiti bya kawa byinshi. Kuba aka karere gafite umubare w'ibiti bya kawa…
Read more →

Nyamasheke: PSF- Nyamasheke yahawe umukoro wo gushora imari mu bikorwa bisamikiye ku bukerarugendo

PSF-Nyamasheke yashimiwe uruhare ntagereranywa igira mu iterambere ry'Akarere, ihabwa umukoro wo gukora ishoramari rishamikiye ku bukerarugendo mu…
Read more →

Ingengo y’Imari Ivuguruye y’Akarere ka Nyamasheke Yatowe na Njyanama Yiyongereyeho Asaga Miliyari 3

Ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 27 Gashyantare 2026, Njyanama y’Akarere ka Nyamasheke yarateranye mu nama yayo idasanzwe igamije gusuzuma no…

Read more →

Nyamasheke: Hatangijwe Icyumweru cy’Umujyanama hagamijwe kunoza serivisi no kwimakaza iterambere ry’umuturage

Iyo abajyanama begereye abaturage, bigira uruhare mu kuzamura imyumvire iganisha ku iterambere n'imibereho myiza byabo kuko umuturage asobanukirwa…
Read more →

Kanjongo: Abadepite n’ubuyobozi bw'akarere bakemuye ibibazo mu nteko y'abaturage

Uyu wa 03 Gashyantare 2026 abadepite bo muri komisiyo y'ubukungu n'ubucuruzi mu Nteko ishinga amategeko y'u Rwanda bari kumwe n'ubuyobozi bw'Akarere…

Read more →

Abadepite basuye imihanda y’imihahirano mu Karere ka Nyamasheke

Kuri uyu wa 3 Gashyantare 2026, Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Muhayeyezu Joseph Désiré, yakiriye itsinda…

Read more →

Abaturage ba Karengera basabwe gukoresha neza umusaruro uhagije babona kugira ngo barwanye imirire mibi

Umuganda rusange mu murenge wa Karengera n’ubukangurambaga bunyuranye
Read more →
-->