Nyirangirinshuti Theresie uwacitse ku icumu wo mu murenge wa Shangi wishwe n'abagizi ba nabi yashyinguwe mu cyubahiro
Mu guherekeza umubyeyi Nyirangirinshuti Theresie, hatanzwe ubuhamya n'abanyuranye ko uyu uyu mubyeyi yabaniye neza abantu akagira urukundo kandi agaharanira ubudaheranwa. Bihanganishije umuryango yasize bawizeza kuwuba hafi.
Mu butumwa bw'umuyobozi w'akarere ka Nyamasheke Bwana Mupenzi Narcisse yashimiye abatabaye umuryango wa Nyirangirinshuti Theresie, atanga ubutumwa bukomeza abana uyu mubyeyi yasize, abizeza ko ubuyobozi bw'akarere buzakomeza kubaba hafi nk'ibisanzwe, abasaba kudaheranwa kuko hari icyizere cy'uko ubutabera buzaboneka. Ati: “ nk'ubuyobozi tuzakora ibishobka byose dufatanyije n'abaturage kugira ngo dukumire ibikorwa nk'ibi ntibizagire ahandi byongera kuba mu karere.”
Ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 27 Gashyantare 2026, Njyanama y’Akarere ka Nyamasheke yarateranye mu nama yayo idasanzwe igamije gusuzuma no…
Uyu wa 03 Gashyantare 2026 abadepite bo muri komisiyo y'ubukungu n'ubucuruzi mu Nteko ishinga amategeko y'u Rwanda bari kumwe n'ubuyobozi bw'Akarere…
Kuri uyu wa 3 Gashyantare 2026, Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Muhayeyezu Joseph Désiré, yakiriye itsinda…