Perezida wa njyanama y'akarere ka Nyamasheke Prof. Kamana Emmanuel yayoboye inama isanzwe ya njyanama
Kuri uyu wa 29/03/2029 Perezida wa njyanama y'akarere ka Nyamasheke Prof. Kamana Emmanuel yayoboye inama isanzwe ya njyanama mu cyumba cy'inama cy'akarere.
Ni inama yagarutse ku ngingo zinyuranye zirimo kurebera hamwe ishyirwa mu bikorwa ry'imyanzuro y'inama iheruka, kureba aho akarera kageze gashyira mu bikorwa imihigo n'ibindi.
Perezida wa njyanama yashimye intambwe imaze guterwa muri rusange asaba ko hakomeza gushyirwa imbaraga mu mihigo itaragera ku gipimo cyifuzwa, kandi yizeza ko njyanama izakomeza gukora ubuvugizi nk'uko bisanzwe kugira ngo iterambere ry'akarere n'umuturage byihute.
Abajyanama n'abandi bari batumiwe mu nama njyanama
Perezida wa njyanama Pro. Kamana Emmanuel n'umunyamabanga wa njyanama Madamu UZARAMA Fausta
Ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 27 Gashyantare 2026, Njyanama y’Akarere ka Nyamasheke yarateranye mu nama yayo idasanzwe igamije gusuzuma no…
Uyu wa 03 Gashyantare 2026 abadepite bo muri komisiyo y'ubukungu n'ubucuruzi mu Nteko ishinga amategeko y'u Rwanda bari kumwe n'ubuyobozi bw'Akarere…
Kuri uyu wa 3 Gashyantare 2026, Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Muhayeyezu Joseph Désiré, yakiriye itsinda…