Ubuhinzi ntibukwiye guharirwa abatarabwize

“Benshi mu bakora umurimo w’Ubuhinzi ntibabyize, abenshi barashaje ntibagifite imbaraga zo kubikora, nyamara 90% by’ibiribwa mu Gihugu bikorwa n’aba bahinzi” Aya ni amwe mu magambo yagarutsweho n’ Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri w’Ubuhinzi n’Ubworozi Hon Fulgence Nsengiyumva mu nama yagiranye n’abakozi batandukanye bafite ubuhinzi n’ubworozi mu nshingano kuri uyu wa 14 Werurwe 2018.  photo name Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri w’Ubuhinzi n’Ubworozi Hon Fulgence Nsengiyumva Muri iyi nama U munyamaba Hon Nsengiyumva yibukije abayitabiriye ko badakwiriye gukomeza kurebera ubuhinzi bukorwa n’abatarabyize ari nabo bategerezwaho guhaza igihugu cyose. Yanasabye abize ibijyanye n’ubuhinzi kutumva ko ari umurimo uciriritse ukwiye gukorwa n’abantu batabyize. Asaba urubyiruko kubyitaho bakareka gukwiragira hirya no hino bashaka imibereho.

Yagize ati “umwana ararangiza kaminuza yarize ubuhinzi, akajya I Kigali gucuruza ‘airtime’ (amakarita y’itumanaho), akajya kurobesha iikipiki nijoro kugira ngo arebe uko yabaho……., uwamurekera iwaba, agafasha amakoperative y’iwabo gutera imbere ko ari we uzi uko ubuhinzi bukorwa nk’uwabyize,.. noneho rero ba bandi babikora, bakuru bacu, ba mama, ba data bakuze, mu myaka cumi n’itanu makumyabiri bazaba batakiriho, noneho basimburwe n’abana bato babyize, nibwo buryo bwo kuvugurura ubuhinzi.

Mbere yo gukora Iyi nama yari yitabiriwe n’abanyamabanaga nshingwabikorwa b’imirenge, abashinzw ubuhinzi mu mirenge, abashinzwe ubworozi mu mirenge no ku karere, abajyanama b’ubuhinzi, twigire muhinzi, Nsengiyumva yabanje gusura imwe mu mihanda ifasha mu kugeza umusaruro ku isoko, Uruganda rw’icyayi rwa Gatare n’uruganda rw’icyayi rugiye kubakwa n’umushoramari Benoit mu Murenge wa Kanjongo.

photo name

Nyamasheke: Hatangijwe Icyumweru cy’Umujyanama hagamijwe kunoza serivisi no kwimakaza iterambere ry’umuturage

Iyo abajyanama begereye abaturage, bigira uruhare mu kuzamura imyumvire iganisha ku iterambere n'imibereho myiza byabo kuko umuturage asobanukirwa…
Read more →

Kanjongo: Abadepite n’ubuyobozi bw'akarere bakemuye ibibazo mu nteko y'abaturage

Uyu wa 03 Gashyantare 2026 abadepite bo muri komisiyo y'ubukungu n'ubucuruzi mu Nteko ishinga amategeko y'u Rwanda bari kumwe n'ubuyobozi bw'Akarere…

Read more →

Abadepite basuye imihanda y’imihahirano mu Karere ka Nyamasheke

Kuri uyu wa 3 Gashyantare 2026, Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Muhayeyezu Joseph Désiré, yakiriye itsinda…

Read more →

Abaturage ba Karengera basabwe gukoresha neza umusaruro uhagije babona kugira ngo barwanye imirire mibi

Umuganda rusange mu murenge wa Karengera n’ubukangurambaga bunyuranye
Read more →

Nyamasheke: Ababyeyi basabwe kurera abana babo babatoza umuco w'ubutwari kugira ngo bazabashe kwimana u Rwanda

Umunsi w'intwari z'igihugu wizihijwe mu karere ka Nyamasheke kimwe n'ahandi hose mu gihugu kuri uyu wa 01 Gashyantare 2026. Ugu munsi w'Intwari…

Read more →

Urwego rw’Umuvunyi rwasoje gahunda y’icyumweru yo gukumira no kurwanya ruswa n’akarengane mu Karere ka Nyamasheke

Kuri uyu wa 30 Mutarama 2026, Urwego rw’Umuvunyi rwasoje gahunda y’icyumweru ya gahunda yo kukumira no kurwanya ruswa n'akarengane yatangiye ku wa 26…

Read more →

Abashoramari baguze ubutaka muri Nyamasheke barasabwa kubukoresha icyo bwagenewe mu buryo bwihuse

Mu nteko y'ishoramari yo ku wa 29 Mutarama 2029 mu karere Kanyamasheke byagaragaye ko bimwe mu bidindiza iterambere ry'akarere harimo n'abagura…
Read more →

Abasenateri bijeje ubuvugizi aborozi n'abacuruzi b'ibiryo by'amatungo bataka ko bibageraho bihenze cyane

Aborozi n'abacuruza ibiryo by'amatungo mu karere ka Nyamasheke bijejwe ubuvugizi ku biryo by'amatungo bibageraho bihenze cyane, bamwe bakaba bagenda…
Read more →

Abasenateri basuye Akarere ka Nyamasheke mu rugendo rwo kureba uko ubworozi butezwa imbere

Aborozi n'abacuruza ibiryo by'amatungo bahuriye ku kibazo cy'ibiryo by'amatungo bavuga ko bihenze
Read more →
-->