ABAKORERA MU ISANTIRE Y'UBUCURUZI YA TYAZO BIYEMEJE KUNOZA ISUKU MURI SERIVISI BATANGA

Uyu wa 17 Kamena 2025 mu karere ka Nyamasheke hakozwe ibikorwa byo kugenzura isuku mu mirenge inyuranye by'umwihariko mu murenge wa Karengera na Kanjongo aho umuyobozi w'akarere ka Nyamasheke Bwana Mupenzi Narcisse yari mu murenge wa Karengera, naho umuyobozi w'akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza akaba yari mu murenge wa Kanjongo.

Ibi bikorwa by'ubugenzuzi bw'isuku biribanda cyane cyane mu masantire y'ubucuruzi, aharebwa uko abakorera muri ibyo bice bitwara mu bikorwa bylisuku n'isukura, abayobozi bakaganira n'abaturage bafite ibikorwa muri ayo masantire kandi bakajya inama ku bikwiye gukorwa neza mu rwego rwo gutanga serivisi zifite isuku ku babagana cyane cyane abatanga serivisi zo kugaburira abantu, amacumbi n'ibindi mu rwego rwo kwimakaza umuco w'isuku mu bikorwa byose by'abaturage. 

Umuyobozi w'akarere wungirije Madamu Mukankusi Athanasie ari kumwe n'inzego z'umutekano n'abakozi blakarere bashinzwe ubuzima basuye isantire y'ubucuruzi ya  Tyazo baganira n'abakorera muri iyi santire ku isuku n'isukura kandi bajya inama mu rwego rwo kurushaho kunoza isuku muri serivisi batanga. 


Nyamasheke: Hatangijwe Icyumweru cy’Umujyanama hagamijwe kunoza serivisi no kwimakaza iterambere ry’umuturage

Iyo abajyanama begereye abaturage, bigira uruhare mu kuzamura imyumvire iganisha ku iterambere n'imibereho myiza byabo kuko umuturage asobanukirwa…
Read more →

Kanjongo: Abadepite n’ubuyobozi bw'akarere bakemuye ibibazo mu nteko y'abaturage

Uyu wa 03 Gashyantare 2026 abadepite bo muri komisiyo y'ubukungu n'ubucuruzi mu Nteko ishinga amategeko y'u Rwanda bari kumwe n'ubuyobozi bw'Akarere…

Read more →

Abadepite basuye imihanda y’imihahirano mu Karere ka Nyamasheke

Kuri uyu wa 3 Gashyantare 2026, Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Muhayeyezu Joseph Désiré, yakiriye itsinda…

Read more →

Abaturage ba Karengera basabwe gukoresha neza umusaruro uhagije babona kugira ngo barwanye imirire mibi

Umuganda rusange mu murenge wa Karengera n’ubukangurambaga bunyuranye
Read more →

Nyamasheke: Ababyeyi basabwe kurera abana babo babatoza umuco w'ubutwari kugira ngo bazabashe kwimana u Rwanda

Umunsi w'intwari z'igihugu wizihijwe mu karere ka Nyamasheke kimwe n'ahandi hose mu gihugu kuri uyu wa 01 Gashyantare 2026. Ugu munsi w'Intwari…

Read more →

Urwego rw’Umuvunyi rwasoje gahunda y’icyumweru yo gukumira no kurwanya ruswa n’akarengane mu Karere ka Nyamasheke

Kuri uyu wa 30 Mutarama 2026, Urwego rw’Umuvunyi rwasoje gahunda y’icyumweru ya gahunda yo kukumira no kurwanya ruswa n'akarengane yatangiye ku wa 26…

Read more →

Abashoramari baguze ubutaka muri Nyamasheke barasabwa kubukoresha icyo bwagenewe mu buryo bwihuse

Mu nteko y'ishoramari yo ku wa 29 Mutarama 2029 mu karere Kanyamasheke byagaragaye ko bimwe mu bidindiza iterambere ry'akarere harimo n'abagura…
Read more →

Abasenateri bijeje ubuvugizi aborozi n'abacuruzi b'ibiryo by'amatungo bataka ko bibageraho bihenze cyane

Aborozi n'abacuruza ibiryo by'amatungo mu karere ka Nyamasheke bijejwe ubuvugizi ku biryo by'amatungo bibageraho bihenze cyane, bamwe bakaba bagenda…
Read more →

Abasenateri basuye Akarere ka Nyamasheke mu rugendo rwo kureba uko ubworozi butezwa imbere

Aborozi n'abacuruza ibiryo by'amatungo bahuriye ku kibazo cy'ibiryo by'amatungo bavuga ko bihenze
Read more →
-->