Umuryango ni ishingiro ry’ubumwe n’ubwiyunge

photo name

“U Rwanda tumaze gutera intambwe ishimishije, ariko ntidukwiye guterera agate mu ryinyo ngo tumere nk’abageze iyo bajya” aya ni amwe mu maganbo yagarutswe na Hon Depite Uwamariya Rutijanwa Marie Pelagie ubwo hatangizwaga ukwezi kwahariwe Ubumwe n’ubwiyunge.

Nyuma y’umuganda wo kuri uyu wa 29 Nzeri wabereye mu Murenge wa Ruharambuga, Akagari ka Ntendezi, abaturage bahuriye hamwe nk’uko bisanzwe nyuma y’ umuganda, bahabwa ikiganiro gitangiza ukwezi kwahariwe kwimakaza Ubumwe n’Ubwiyunge.

Ubwo yatangizaga uku kwezi, Depite Uwamariya Rutijanwa Marie Pelagie yibukije abaturage ko bakwiye gukomeza gushyira imbaraga mu Bumwe n’ubwiyunge kuko ari ishingiro ry’iterambere kuko abantu badafite ubwiyunge badashobora kugera kuri byinshi.

Depite Uwamariya Rutijanwa Marie Pelagie yongeye kwibutsa ko impamvu turirimba Ubumwe n’Ubwiyunge bbiterwa n’amahano u Rwanda rwanyuzemo akarutera gucikamo ibice ari cyo gituma dukwiye gusigasira ubumwe bwacu ngo butazavaho buduca mu myanya y’intoki bitewe no gusinda amahoro dukensha kuba hari benshi banahasize ubuzima.

Nk’uko insanganyamatsiko y’uyu mwaka ivuga “Duharanire Ubumwe n’Ubwiyunge mu Muryuango” Ho Rutijanwa yakanguriye abtitabiriye ibiganiro kubanza kwiyunga mu muryango maze bakanaha abana inyigisho zitagaragaramo amacakubiri ahubwo bakabaha izibafasha kuvamo Abanyarwanda nyabo bifuzwa uyu munsi.


Nyamasheke: Hatangijwe Icyumweru cy’Umujyanama hagamijwe kunoza serivisi no kwimakaza iterambere ry’umuturage

Iyo abajyanama begereye abaturage, bigira uruhare mu kuzamura imyumvire iganisha ku iterambere n'imibereho myiza byabo kuko umuturage asobanukirwa…
Read more →

Kanjongo: Abadepite n’ubuyobozi bw'akarere bakemuye ibibazo mu nteko y'abaturage

Uyu wa 03 Gashyantare 2026 abadepite bo muri komisiyo y'ubukungu n'ubucuruzi mu Nteko ishinga amategeko y'u Rwanda bari kumwe n'ubuyobozi bw'Akarere…

Read more →

Abadepite basuye imihanda y’imihahirano mu Karere ka Nyamasheke

Kuri uyu wa 3 Gashyantare 2026, Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Muhayeyezu Joseph Désiré, yakiriye itsinda…

Read more →

Abaturage ba Karengera basabwe gukoresha neza umusaruro uhagije babona kugira ngo barwanye imirire mibi

Umuganda rusange mu murenge wa Karengera n’ubukangurambaga bunyuranye
Read more →

Nyamasheke: Ababyeyi basabwe kurera abana babo babatoza umuco w'ubutwari kugira ngo bazabashe kwimana u Rwanda

Umunsi w'intwari z'igihugu wizihijwe mu karere ka Nyamasheke kimwe n'ahandi hose mu gihugu kuri uyu wa 01 Gashyantare 2026. Ugu munsi w'Intwari…

Read more →

Urwego rw’Umuvunyi rwasoje gahunda y’icyumweru yo gukumira no kurwanya ruswa n’akarengane mu Karere ka Nyamasheke

Kuri uyu wa 30 Mutarama 2026, Urwego rw’Umuvunyi rwasoje gahunda y’icyumweru ya gahunda yo kukumira no kurwanya ruswa n'akarengane yatangiye ku wa 26…

Read more →

Abashoramari baguze ubutaka muri Nyamasheke barasabwa kubukoresha icyo bwagenewe mu buryo bwihuse

Mu nteko y'ishoramari yo ku wa 29 Mutarama 2029 mu karere Kanyamasheke byagaragaye ko bimwe mu bidindiza iterambere ry'akarere harimo n'abagura…
Read more →

Abasenateri bijeje ubuvugizi aborozi n'abacuruzi b'ibiryo by'amatungo bataka ko bibageraho bihenze cyane

Aborozi n'abacuruza ibiryo by'amatungo mu karere ka Nyamasheke bijejwe ubuvugizi ku biryo by'amatungo bibageraho bihenze cyane, bamwe bakaba bagenda…
Read more →

Abasenateri basuye Akarere ka Nyamasheke mu rugendo rwo kureba uko ubworozi butezwa imbere

Aborozi n'abacuruza ibiryo by'amatungo bahuriye ku kibazo cy'ibiryo by'amatungo bavuga ko bihenze
Read more →
-->