Umuryango ni ishingiro ry’ubumwe n’ubwiyunge

photo name

“U Rwanda tumaze gutera intambwe ishimishije, ariko ntidukwiye guterera agate mu ryinyo ngo tumere nk’abageze iyo bajya” aya ni amwe mu maganbo yagarutswe na Hon Depite Uwamariya Rutijanwa Marie Pelagie ubwo hatangizwaga ukwezi kwahariwe Ubumwe n’ubwiyunge.

Nyuma y’umuganda wo kuri uyu wa 29 Nzeri wabereye mu Murenge wa Ruharambuga, Akagari ka Ntendezi, abaturage bahuriye hamwe nk’uko bisanzwe nyuma y’ umuganda, bahabwa ikiganiro gitangiza ukwezi kwahariwe kwimakaza Ubumwe n’Ubwiyunge.

Ubwo yatangizaga uku kwezi, Depite Uwamariya Rutijanwa Marie Pelagie yibukije abaturage ko bakwiye gukomeza gushyira imbaraga mu Bumwe n’ubwiyunge kuko ari ishingiro ry’iterambere kuko abantu badafite ubwiyunge badashobora kugera kuri byinshi.

Depite Uwamariya Rutijanwa Marie Pelagie yongeye kwibutsa ko impamvu turirimba Ubumwe n’Ubwiyunge bbiterwa n’amahano u Rwanda rwanyuzemo akarutera gucikamo ibice ari cyo gituma dukwiye gusigasira ubumwe bwacu ngo butazavaho buduca mu myanya y’intoki bitewe no gusinda amahoro dukensha kuba hari benshi banahasize ubuzima.

Nk’uko insanganyamatsiko y’uyu mwaka ivuga “Duharanire Ubumwe n’Ubwiyunge mu Muryuango” Ho Rutijanwa yakanguriye abtitabiriye ibiganiro kubanza kwiyunga mu muryango maze bakanaha abana inyigisho zitagaragaramo amacakubiri ahubwo bakabaha izibafasha kuvamo Abanyarwanda nyabo bifuzwa uyu munsi.


Hatangizwa icyumweru cy'icyunamo n'iminsi 100 yo #Kwibuka32 Meya Mupenzi Narsicce yibukije ko kudasesengura byagejeje u Rwanda kuri Jenoside

Meya Mupenzi Narcisse yashimangiye ko kuba amacakubiri yarazanywe n'abakoloni ariko abanyarwanda barimo abayobozi n'abaturage ntibagire isesengura…
Read more →

Ikipe y'abagore y'umurenge wa Mahembe ikomeje kuba ubukombe mu ntara y'Iburengerazuba

Ikipe y'abagore y'umurenge wa Mahembe ikomeje kuba ubukombe mu marushanwa Umurenge Kagame Cup aho mu myaka 2 yikurikiranya ikomeje kuza ku isonga…
Read more →

Nyamasheke mu rugamba rwo kuba iya mbere mu bwiza bwa Kawa n'ubwinshi bw'umusaruro nyuma yo kuba ku isongo mu kugira ibiti bya kawa byinshi

Akarere ka Nyamasheke kari ku mwanya wa mbere mu gihugu mu turere dufite ibiti bya kawa byinshi. Kuba aka karere gafite umubare w'ibiti bya kawa…
Read more →

Nyamasheke: PSF- Nyamasheke yahawe umukoro wo gushora imari mu bikorwa bisamikiye ku bukerarugendo

PSF-Nyamasheke yashimiwe uruhare ntagereranywa igira mu iterambere ry'Akarere, ihabwa umukoro wo gukora ishoramari rishamikiye ku bukerarugendo mu…
Read more →

Ingengo y’Imari Ivuguruye y’Akarere ka Nyamasheke Yatowe na Njyanama Yiyongereyeho Asaga Miliyari 3

Ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 27 Gashyantare 2026, Njyanama y’Akarere ka Nyamasheke yarateranye mu nama yayo idasanzwe igamije gusuzuma no…

Read more →

Nyamasheke: Hatangijwe Icyumweru cy’Umujyanama hagamijwe kunoza serivisi no kwimakaza iterambere ry’umuturage

Iyo abajyanama begereye abaturage, bigira uruhare mu kuzamura imyumvire iganisha ku iterambere n'imibereho myiza byabo kuko umuturage asobanukirwa…
Read more →

Kanjongo: Abadepite n’ubuyobozi bw'akarere bakemuye ibibazo mu nteko y'abaturage

Uyu wa 03 Gashyantare 2026 abadepite bo muri komisiyo y'ubukungu n'ubucuruzi mu Nteko ishinga amategeko y'u Rwanda bari kumwe n'ubuyobozi bw'Akarere…

Read more →

Abadepite basuye imihanda y’imihahirano mu Karere ka Nyamasheke

Kuri uyu wa 3 Gashyantare 2026, Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Muhayeyezu Joseph Désiré, yakiriye itsinda…

Read more →

Abaturage ba Karengera basabwe gukoresha neza umusaruro uhagije babona kugira ngo barwanye imirire mibi

Umuganda rusange mu murenge wa Karengera n’ubukangurambaga bunyuranye
Read more →
-->