Umuyobozi w'Akarere ka Nyamasheke yatangije icyumnweru cyahariwe kwita ku buzima bw'Umwana N'umubyeyi

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 3/6/2024 ,Umuyobozi w’Akarere ka Nyamasheke yatangije Icyumweru cyahariwe kwita ku buzima bw’Umwana n’Umubyeyi Ni igikorwa yatangirije mu murenge wa Gihombo mu Kagari ka Muhororo. ari kumwe n’Umuyobozi w’ibitaro bya Kibogora Dr. Umutoniwase Bernard ,n’abandi  bafatanyabikorwa batangije ku mugaragaro iki cyumweru.

UMUYOBOZI W’Akarere  yakanguriye  abaturage kurwanya imirire mibi n’igwingira ry’abana bita ku  minsi igihumbi y’umwana yagarutse kandi  ku gukangurira abaturage  kububoneza urubyaro  mu rwego rwo kugira umuryango bashobora ku bonera   ibibatunga bihagije.

Abaturage bakanguriwe kwitabira serivisi zigamije  guteza imbere buzima bw’Umwana n’umubyeyi  cyane cyane muri icyi cyumweru cyatangiye ku italiki ya 3 Kmena kugeza taliki ya 6 kamena 2024 :

Gutanga ibinini bya Vit A

Gutanga ibinini by’inzoka zo munda bya MEBENDAZOLE kubana bafite  umwaka 1 kugera ku myaka 5

Gutanga ibinini by’INZOKA ZO MUNDA BYA  ALBENDAZOLE kubana bafite  umwaka 5 kugera ku myaka 15

Gutanga ibinini by’INZOKA ZO MUNDA BYA  ALBENDAZOLE ku bantu bakuru , bafite  umyaka 16 kuzamura

Gupima imikurire y’ABANA Bapimwa uburebure,ibiro,umuzenguruko w’ikizigira no kubaha ONGERA intungamubiri

Gutanga servisi zo kuboneza urubyaro

Gukingira abana bacikanwe n’inkingo

Gukangurira abaturage kwita ku isuku,kwirinda maraliya,kuryama munzitiramibu,gukangurira abagore  batwite gupimisha inda hakiri kare,kubyarira kwa mugangano kwita  ku mirire y’abana

Icyi cyumweru cyatangijwe kandi kumugaragaro mu mirenge yose igize Akarere ka NYAMASHEKE


Nyamasheke: Hatangijwe Icyumweru cy’Umujyanama hagamijwe kunoza serivisi no kwimakaza iterambere ry’umuturage

Iyo abajyanama begereye abaturage, bigira uruhare mu kuzamura imyumvire iganisha ku iterambere n'imibereho myiza byabo kuko umuturage asobanukirwa…
Read more →

Kanjongo: Abadepite n’ubuyobozi bw'akarere bakemuye ibibazo mu nteko y'abaturage

Uyu wa 03 Gashyantare 2026 abadepite bo muri komisiyo y'ubukungu n'ubucuruzi mu Nteko ishinga amategeko y'u Rwanda bari kumwe n'ubuyobozi bw'Akarere…

Read more →

Abadepite basuye imihanda y’imihahirano mu Karere ka Nyamasheke

Kuri uyu wa 3 Gashyantare 2026, Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Muhayeyezu Joseph Désiré, yakiriye itsinda…

Read more →

Abaturage ba Karengera basabwe gukoresha neza umusaruro uhagije babona kugira ngo barwanye imirire mibi

Umuganda rusange mu murenge wa Karengera n’ubukangurambaga bunyuranye
Read more →

Nyamasheke: Ababyeyi basabwe kurera abana babo babatoza umuco w'ubutwari kugira ngo bazabashe kwimana u Rwanda

Umunsi w'intwari z'igihugu wizihijwe mu karere ka Nyamasheke kimwe n'ahandi hose mu gihugu kuri uyu wa 01 Gashyantare 2026. Ugu munsi w'Intwari…

Read more →

Urwego rw’Umuvunyi rwasoje gahunda y’icyumweru yo gukumira no kurwanya ruswa n’akarengane mu Karere ka Nyamasheke

Kuri uyu wa 30 Mutarama 2026, Urwego rw’Umuvunyi rwasoje gahunda y’icyumweru ya gahunda yo kukumira no kurwanya ruswa n'akarengane yatangiye ku wa 26…

Read more →

Abashoramari baguze ubutaka muri Nyamasheke barasabwa kubukoresha icyo bwagenewe mu buryo bwihuse

Mu nteko y'ishoramari yo ku wa 29 Mutarama 2029 mu karere Kanyamasheke byagaragaye ko bimwe mu bidindiza iterambere ry'akarere harimo n'abagura…
Read more →

Abasenateri bijeje ubuvugizi aborozi n'abacuruzi b'ibiryo by'amatungo bataka ko bibageraho bihenze cyane

Aborozi n'abacuruza ibiryo by'amatungo mu karere ka Nyamasheke bijejwe ubuvugizi ku biryo by'amatungo bibageraho bihenze cyane, bamwe bakaba bagenda…
Read more →

Abasenateri basuye Akarere ka Nyamasheke mu rugendo rwo kureba uko ubworozi butezwa imbere

Aborozi n'abacuruza ibiryo by'amatungo bahuriye ku kibazo cy'ibiryo by'amatungo bavuga ko bihenze
Read more →
-->