Umuyobozi w'Akarere ka Nyamasheke yatangije icyumnweru cyahariwe kwita ku buzima bw'Umwana N'umubyeyi

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 3/6/2024 ,Umuyobozi w’Akarere ka Nyamasheke yatangije Icyumweru cyahariwe kwita ku buzima bw’Umwana n’Umubyeyi Ni igikorwa yatangirije mu murenge wa Gihombo mu Kagari ka Muhororo. ari kumwe n’Umuyobozi w’ibitaro bya Kibogora Dr. Umutoniwase Bernard ,n’abandi  bafatanyabikorwa batangije ku mugaragaro iki cyumweru.

UMUYOBOZI W’Akarere  yakanguriye  abaturage kurwanya imirire mibi n’igwingira ry’abana bita ku  minsi igihumbi y’umwana yagarutse kandi  ku gukangurira abaturage  kububoneza urubyaro  mu rwego rwo kugira umuryango bashobora ku bonera   ibibatunga bihagije.

Abaturage bakanguriwe kwitabira serivisi zigamije  guteza imbere buzima bw’Umwana n’umubyeyi  cyane cyane muri icyi cyumweru cyatangiye ku italiki ya 3 Kmena kugeza taliki ya 6 kamena 2024 :

Gutanga ibinini bya Vit A

Gutanga ibinini by’inzoka zo munda bya MEBENDAZOLE kubana bafite  umwaka 1 kugera ku myaka 5

Gutanga ibinini by’INZOKA ZO MUNDA BYA  ALBENDAZOLE kubana bafite  umwaka 5 kugera ku myaka 15

Gutanga ibinini by’INZOKA ZO MUNDA BYA  ALBENDAZOLE ku bantu bakuru , bafite  umyaka 16 kuzamura

Gupima imikurire y’ABANA Bapimwa uburebure,ibiro,umuzenguruko w’ikizigira no kubaha ONGERA intungamubiri

Gutanga servisi zo kuboneza urubyaro

Gukingira abana bacikanwe n’inkingo

Gukangurira abaturage kwita ku isuku,kwirinda maraliya,kuryama munzitiramibu,gukangurira abagore  batwite gupimisha inda hakiri kare,kubyarira kwa mugangano kwita  ku mirire y’abana

Icyi cyumweru cyatangijwe kandi kumugaragaro mu mirenge yose igize Akarere ka NYAMASHEKE


Hatangizwa icyumweru cy'icyunamo n'iminsi 100 yo #Kwibuka32 Meya Mupenzi Narsicce yibukije ko kudasesengura byagejeje u Rwanda kuri Jenoside

Meya Mupenzi Narcisse yashimangiye ko kuba amacakubiri yarazanywe n'abakoloni ariko abanyarwanda barimo abayobozi n'abaturage ntibagire isesengura…
Read more →

Ikipe y'abagore y'umurenge wa Mahembe ikomeje kuba ubukombe mu ntara y'Iburengerazuba

Ikipe y'abagore y'umurenge wa Mahembe ikomeje kuba ubukombe mu marushanwa Umurenge Kagame Cup aho mu myaka 2 yikurikiranya ikomeje kuza ku isonga…
Read more →

Nyamasheke mu rugamba rwo kuba iya mbere mu bwiza bwa Kawa n'ubwinshi bw'umusaruro nyuma yo kuba ku isongo mu kugira ibiti bya kawa byinshi

Akarere ka Nyamasheke kari ku mwanya wa mbere mu gihugu mu turere dufite ibiti bya kawa byinshi. Kuba aka karere gafite umubare w'ibiti bya kawa…
Read more →

Nyamasheke: PSF- Nyamasheke yahawe umukoro wo gushora imari mu bikorwa bisamikiye ku bukerarugendo

PSF-Nyamasheke yashimiwe uruhare ntagereranywa igira mu iterambere ry'Akarere, ihabwa umukoro wo gukora ishoramari rishamikiye ku bukerarugendo mu…
Read more →

Ingengo y’Imari Ivuguruye y’Akarere ka Nyamasheke Yatowe na Njyanama Yiyongereyeho Asaga Miliyari 3

Ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 27 Gashyantare 2026, Njyanama y’Akarere ka Nyamasheke yarateranye mu nama yayo idasanzwe igamije gusuzuma no…

Read more →

Nyamasheke: Hatangijwe Icyumweru cy’Umujyanama hagamijwe kunoza serivisi no kwimakaza iterambere ry’umuturage

Iyo abajyanama begereye abaturage, bigira uruhare mu kuzamura imyumvire iganisha ku iterambere n'imibereho myiza byabo kuko umuturage asobanukirwa…
Read more →

Kanjongo: Abadepite n’ubuyobozi bw'akarere bakemuye ibibazo mu nteko y'abaturage

Uyu wa 03 Gashyantare 2026 abadepite bo muri komisiyo y'ubukungu n'ubucuruzi mu Nteko ishinga amategeko y'u Rwanda bari kumwe n'ubuyobozi bw'Akarere…

Read more →

Abadepite basuye imihanda y’imihahirano mu Karere ka Nyamasheke

Kuri uyu wa 3 Gashyantare 2026, Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Muhayeyezu Joseph Désiré, yakiriye itsinda…

Read more →

Abaturage ba Karengera basabwe gukoresha neza umusaruro uhagije babona kugira ngo barwanye imirire mibi

Umuganda rusange mu murenge wa Karengera n’ubukangurambaga bunyuranye
Read more →
-->