Urwego rw'Umuvunyi rwashoje icyumweru cyahariwe kurwanya ruswa n'akarengane
Urwego rw’umuvunyi rwashoje icyumweru cyahariwe kwegera abaturage mu gukumira no kurwanya ruswa n’akarengane mu Karere ka Nyamasheke
Ni icyumweru cyaranzwe no kwegera abaturage aho abakozi b'Urwego rw'umuvunyi bafatanyije n'ubuyobozi bw'Akarere bakiraga ibibazo by'abaturage bigakemurwa

Ni igikorwa abaturage bishimiye kuko bashoboye gukemurirwa ibibazo kandi bagirwa inama ku kwirinda gutanga ruswa no kumenya ko serivisi bazemerewe bakirinda icyatera akarengane cyose.
Iki cyumweru kikaba cyashojwe no kurebera hamwe ibibazo bitashoboye gukemurwa kugirango ubuyobozi bw'Akarere buzakomeze kubikurikirana ku bufatanye n'izindi nzego bireba
Uyu wa 03 Gashyantare 2026 abadepite bo muri komisiyo y'ubukungu n'ubucuruzi mu Nteko ishinga amategeko y'u Rwanda bari kumwe n'ubuyobozi bw'Akarere…
Kuri uyu wa 3 Gashyantare 2026, Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Muhayeyezu Joseph Désiré, yakiriye itsinda…
Umunsi w'intwari z'igihugu wizihijwe mu karere ka Nyamasheke kimwe n'ahandi hose mu gihugu kuri uyu wa 01 Gashyantare 2026. Ugu munsi w'Intwari…
Kuri uyu wa 30 Mutarama 2026, Urwego rw’Umuvunyi rwasoje gahunda y’icyumweru ya gahunda yo kukumira no kurwanya ruswa n'akarengane yatangiye ku wa 26…