No news available.

Meya Mupenzi Narcisse yijeje abacururiza mu isantire ya Mugonero ko akarere kari gushaka uburyo isoko nyambukiranyamipaka rya Mugonero ryakongera gufungurwa vuba

Bwana Mupennzi Narcisse ubwo yaganiraga n’abaturage b’umurenge wa Mahembe mu kagari ka Kagarama umudugudu wa Gabiro, yijeje abacururiza mu isantire ya…

Read more →

Atangiza gahunda y'intore mu biruhuko Meya Mupenzi Narcisse yasabye urubyiruko kwirinda ikoreshwa ry'ibiyobyabwenge n'izindi ngeso mbi zakwangiza ubuzima bwarwo

Mu karere ka Nyamasheke hatangijwe gahunda yo kwita ku rubyiruko mu biruhuko, 'Intore mu Biruhuko' ku nsanganyamatsiko igira iti: ”Ubuzima bwiza,…

Read more →

Meya Mupenzi Narcisse yakanguriye abaturage guca ukubiri n'ingeso z'ubuharike, ubushoreke n'ubusambanyi kugira ngo bagire umuryango utekanye kandi uteye imbere

Mu nteko z'abaturage zabaye kuri uyu wa 22 Nyakanga 2025, Umuyobozi w'Akarere ka Nyamasheke Bwana Mupenzi Narcisse yifatanyije n'abaturage b'umurenge…

Read more →

Umuyobozi w'akarere ka Nyamasheke Mupenzi Narcisse yakiriye itsinda ry'abakozi b'ikigo cy'igihugu cy'ibaruririshamibare baje mu karere mu igenzura ry'ishyirwa mu bikorwa ry'imihogo 2024-2025

Mu gitondo cy'uyu wa 21 Nyakanga 2025, Umuyobozi w'akarere ka Nyamasheke Bwana Mupenzi Narcisse yakiriye mu karere itsinda ry'abakozi b'Ikigo…

Read more →

Meya Mupenzi Narcisse yakiriye Abadepite bagize Komisiyo y'Ubumwe bw'Abanyarwanda, Uburenganzira bwa Muntu no Kurwanya Jenoside baganira ku bikorwa by'akarere mu kurwanya jenoside n'ingengabitekerezo yayo

Kuri uyu wa 16 Nyakanga 2025, Meya Mupenzi Narcisse yakiriye abadepite, Hon. Kayigire Terence na Hon. Sibobugingo Gloriose bagize Komisiyo y'Ubumwe…

Read more →

Abakandida 9218 ni bo bari bitezwe gukora ibizamini bya Leta bisoza icyiciro cya mbere n'icya kabiri by'amashuri yisumbuye mu karere ka Nyamasheke

Ku isaha ya saa mbili n'igice (08:30) za mugitondo cy'uwa 09 Nyakanga 2025 ku kigo cy'ishuri cyitiriwe Umuryango Mutagatifu (Institut Sainte Famille…

Read more →

Meya Mupenzi Narcisse yibukije ko urugendo rwo kwibohora rugikomeje, asaba abashoramari kurebera ku bamaze gushora imari mu isantire ya Tyazo

Kuri uyu wa 04 Nyakanga 2025 ubwo u Rwanda rwizihizaga isabukuru y'imyaka 31 yo kwibohora, mu karere ka Nyamasheke ibirori byo kwizihiza isabujuru yo…

Read more →

Polisi y'u Rwanda yashyikirije ubwato abaturage batuye ku kirwa cya Mushungo

Mu gusoza ibikorwa bikomatanyije by'inzego z'umutekano kuri uyu wa 03 Nyakanga 2025, Polisi y'igihugu yahaye ubwato abaturage bo ku kirwa cya Mushungo…

Read more →

Nyamasheke: Ibikorwa bitatu by'ubukerarugendo byatashywe ku mugaragaro

Kuri uyu wa 02 Nyakanga 2025 mu karere ka Nyamasheke hatashywe ibikorwa bitatu bishya by'ubukerarugendo bizafasha mu gukurura ba mukerarugendo no…

Read more →