No news available.

Shangi: Guverineri Ntibitura Jean Bosco yasabye abaturage kwimakaza umuco mwiza wo gutabarana

Kuri uyu mbere tariki 19/05/2025 Hon. Ntibitura Jean Bosco, Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, ari kumwe n’abagize Komite y'umutekano itaguye mu…

Read more →

Ikiguzi cyatuma abanyarwanda babana mu mahoro, abantu bakubaha abandi, bakumva ko bagomba kubaho tuzagitanga: Brig. Gen. Albert Rugambwa

Nyuma y'uko Nyirangirinshuti Theresi, umuturage wo mu murenge wa Shangi kandi akaba yari yaracitse ku icumu rya jenoside yakorewe abatutsi mu 1994…

Read more →

Ikipe y'abagore ya Mahembe yinjiye muri 1/2 cy'amarushanwa Umurenge Kagame Cup

Ikipe y'umurenge wa Mahembe mu karere ka Nyamasheke ihagarariye intara y'Iburengerazuba yageze mu mikino ya ½ nyuma yo gukuramo ikipe y'umurenge wa…

Read more →

Kugira ubumenyi ku gukumira no kurwanya inkongi z'umuriro ni ingenzi ku bakozi b'akarere

Ku wa 13 Gicurasi 2025 abakozi b'akarere bahuguwe ku gukumira no kurwanya inkongi z'umuriro. Aya mahugurwa yatanzwe n'ishami rya Polisi rishinzwe…

Read more →

Umuryango utekanye ni wo uvamo abagirira igihugu akamaro

"Umuryango utekanye ni wo uvamo abagirira igihugu akamaro." Byagarutsweho n'umuyobozi w'akarere ka Nyamasheke mu nteko z'abaturage mu murenge wa…

Read more →

Kuba abaganga barageze aho kwica abarwayi cyangwa bagenzi babo, byatewe n'icengezamatwara ry'ingengabitekerezo ya jenoside

Mu kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 kuri uyu wa 12 Gicurasi 2025 mu bitaro by'intara bya Bushenge, by'umwihariko ahibukwaga…

Read more →

Agaciro no kwigira by'abanyafurika n'abanyarwanda by'umwihariko, biri mu biganza byabo

Umunyamabanga mukuru w'umuryango uharanira kugarura agaciro n'iterambere ry'Afurika mu Rwanda (Pan African Movement/ PAM) Madamu Marie Claire…

Read more →

Kivu Choice yatangije ku mugaragaro Kareremba zifite ubushobozi bwo gutanga umusaruro usaga toni 300 z'amafi ku mwaka

Umushinga w'ubworozi bw'amafi mu kiyaga cya Kivu “Kivu Choice” watangije ku mugaragaro kareremba za mbere mu Rwanda mu bunini. Izi kareremba zifite…

Read more →

Abaturage b'akagari ka Kibogora mu murenge wa Kanjongo bishimiye kwifatanya na Guverineri w'intara y'Iburengrazuba mu nteko z'abaturage

Ku gicamunsi cy'uwa 06 Gicurasi 2025, Guverineri w'intara y'Iburengerazuba Hon. Ntibitura Jean Bosco yifatanyije n'abaturage bo mu kagari ka Kibogora…

Read more →