No news available.

Kuba abaganga barageze aho kwica abarwayi cyangwa bagenzi babo, byatewe n'icengezamatwara ry'ingengabitekerezo ya jenoside

Mu kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 kuri uyu wa 12 Gicurasi 2025 mu bitaro by'intara bya Bushenge, by'umwihariko ahibukwaga…

Read more →

Agaciro no kwigira by'abanyafurika n'abanyarwanda by'umwihariko, biri mu biganza byabo

Umunyamabanga mukuru w'umuryango uharanira kugarura agaciro n'iterambere ry'Afurika mu Rwanda (Pan African Movement/ PAM) Madamu Marie Claire…

Read more →

Kivu Choice yatangije ku mugaragaro Kareremba zifite ubushobozi bwo gutanga umusaruro usaga toni 300 z'amafi ku mwaka

Umushinga w'ubworozi bw'amafi mu kiyaga cya Kivu “Kivu Choice” watangije ku mugaragaro kareremba za mbere mu Rwanda mu bunini. Izi kareremba zifite…

Read more →

Abaturage b'akagari ka Kibogora mu murenge wa Kanjongo bishimiye kwifatanya na Guverineri w'intara y'Iburengrazuba mu nteko z'abaturage

Ku gicamunsi cy'uwa 06 Gicurasi 2025, Guverineri w'intara y'Iburengerazuba Hon. Ntibitura Jean Bosco yifatanyije n'abaturage bo mu kagari ka Kibogora…

Read more →

Twese dufite inshingano yo kurwanya ingengabitekerezo ya jenoside, cyane cyane duhereye mu miryango

Byagarutsweho na Hon. Depite Ingabire Aline wifatanyije n'abaturage b'umurenge wa Shangi mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuri ya 31 jenoside yakorewe…

Read more →

Ibiza, kimwe mu bibazo bihangayikishije akarere ka Nyamasheke n'igihugu muri rusange

Umuyobozi w'akarere wungirije Madamu Mukankusi Athanasie yakiriye umujyanama wa Minisitiri muri Minisiteri ishinzwe ibikorwa by'ubutabazi (MINEMA)…

Read more →

Iyo tubona inkotanyi zikiriho, ibyongibyo bikomeza kutwubakamo icyizere cy'ejo hazaza heza

Mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31 jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 by'umwihariko mu murenge wa Karengera ihibukwaga jenoside yakorewe abatutsi…

Read more →

"Ubwitabire bwanyu butuma umuntu ahora yifuza gukorana umuganda namwe": Meya Mupenzi Narcisse ubwo yaganiraga n'abaturage b'akagari ka Ntendezi nyuma y'umuganda

Umuyobozi w'Akarere ka Nyamasheke Bwana Mupenzi Narcisse ari kumwe na bamwe mu bagize Komite y'umutekano y'akarere itaguye bitabiriye umuganda rusange…

Read more →

Ntitwakwitega ejo heza h'umuryango n'igihugu, mu gihe hakiri abana bari mu mirire mibi by'umwihariko igwingira."

Imirire mibi, cyane cyane igwingira ku bana  bari munsi y'imyaka 5, ni ikibazo gihangayikishije igihugu n'akarere ka Nyamasheke by'umwihariko!…

Read more →